Mu Murenge wa Nkanka mu Karere ka Rusizi, inkuba yakubise Nyirabageni Domitille w’imyaka 51 n’umukobwa we Abayisenga Jeannine w’imyaka 21 bari bitabiriye umuhango wo
Iyi ni inkuru idasanzwe kumva ko ibere ryaturika, mu busanzwe ntabwo bikunze kubaho kuko abemera Imana bemera ko Imana ijya kurema umuntu yamuremanye ubuzima
Komisiyo ishinzwe ibijyanye n’amategeko mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, ku wa Gatatu yatangiye kumva ibitekerezo by’abantu batandukanye ku mushinga w’itegeko rihana ubutinganyi. Umwe
Amagambo aryoshye ,impano za hato na hato kubeshywa ko ntawe uzabimenya no gukingwa ibikarito mu maso nabo baba bakundana akenshi bakuze nicyo akenshi gitera
MAKANYAGA abdul Bageze kubika ko yitabye Imama ubuzima bwe buhagaze bute? Amezi abaye atatu Makanyaga abdaala wamenyekanya nka Makanyaga abdul arwaye. Makanyaga uri mu
Mu by’ukuri umwana ni mwiza , umwana ni umugisha. Kumenya uburyohe bw’umwana byatumye benshi mu bagore n’abakobwa biyemeza kurera no kubyara.Umuntu utazi agaciro k’umwana
Ni inkuru ifatwa nk’idasanzwe ariko yatumye benshi bibaza niba ari ibitangaza byabayeho babura ibisubizo by’icyo kibazo.Ubusanzwe ntabwo ari inkuru isanzwe mu matwi y’abantu ko