Ubushakashatsi bwakozwe mu 2022 bugaragaza ko ubukene n’ingeso y’ubuhehesi, biri mu bituma abasore benshi batagishyira imbaraga mu gukundana mu buryo bweruye ngo babe banashinga
Umupasiterikazi yavuze uburyo yageze mu ijuru intumwa Petero igashaka kumurongora Umupasiterikazi wo mu gihugu cya Tanzania uzwi ku izina Mfalme Zumaridi aherutse gutangaza ko
Ku muhanda werekeza mu Ntara y’Amajyepfo, ahazwi nko ku Giti cy’Inyoni, imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Corolla ifite pulaki RAE 033B yahiye irakongoka.
Umwe mu bahanzikazi bagezweho mu Rwanda Ariel Wayz yeretse inzira Danny Nanone wari umaze igihe atumvikana mu matwi y’abafana be muri rusange, bakorana indirimbo
Iki ni ikibazo cyibazwa n’abakobwa batandukanye bibaza niba hari umuti cyangwa ikindi kintu cyabafasha gusubirana bakongera kuba isugi aho gutakaza ubusugi bwabo. Ubusanzwe ni