Umuhanga mu byo guhanga imideri, Moses Turahirwa wanashinze inzu ikomeye y’imideri ya Moshions, nyuma yo gutangaza ko muri Pasiporo ye yemerewe kwitwa ‘Igitsinagore’, yahamagajwe
Carmen na Lupita Andrade ni abakobwa babiri bimpanga bavutse bafatanye basobanuye byinshi ku buzima bwabo, uko batwara imodoka, uko bahitamo imyenda bari bwambare ndetse
Umwana witwa Sofia Lorenzi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagarutse mu buzima mu buryo bw’igitangaza nyuma y’aho abaganga bari bamaze gutangaza ko
Chris Brown ni umuhanzi w’ibihe byose muri muzika y’isi ndetse akaba icyamamare mu gukubita abagore n’abakobwa bakundana, gufungwa cyane no kumenya kubyina n’ibindi. Chris
Mu iperereza irimo gukora, Polisi ya Kenya imaze gutaburura imirambo 21 hafi y’Umujyi wa Malindi uherereye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw’iki gihugu, bikekwa ko