Mu mwanya w’inkuru zidasanzwe tubategurira , uyu munsi turagaruka ku mugore wari wapfuye akazuka bivugwa ko yongeye gupfa.Uyu mugore wo mu gihugu cya Equateur
Niyitegeka Gratien wamamaye nka Seburikoko yagaragaye mu mashusho ari kubyina cyane ndetse ari kumwe n’abakinnyi bakina muri Papa Sava akaba ari nawe boss wabo.
Umuhanzikazi Clarisse Karasira usigaye ubana n’umugabo we mu Mahanga, yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise Kwanda igaragaramo amashusho ye n’umugabo we bari kubyinisha umwana