Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko mu mwaka wa 2025, kawa u Rwanda rwohereje ku
Mu Rwanda, abagore barenga 35.105 bafashe umwanzuro wo kwifungisha burundu mu rwego rwo kuboneza urubyaro, aho 4.219 muri bo bifungishije mu mwaka wa 2024.
Katy Perry Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika by’umwihariko yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusangiza abakunzi be
Umujyanama w’Ubuzima wo mu Kagari ka Kigabiro mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke, yapfiriye mu rugo rw’uvugwaho gukora ubuvuzi gakondo buzwi nka
Fall Ngagne Rutahizamu ukomeye ukomoka muri Senegal, yasubukuye imyitozo mu ikipe yamutangaje nk’umukinnyi Rayon Sports nyuma y’uko yari yaragiye iwabo. Rayon Sports ikomeje imyitozo
Uworizagwira [Yampano] yagarutse ku bihe bikomeye ari kunyuramo nyuma y’amashusho ye yagiye hanze akagaragaza ari gutera akabariro n’umukobwa babanaga. Ni amashusho yakangaranyije imbuga nkoranyambaga
Mu Karere ka Kirehe haravugwa inkuru y’incamugongo y’umusore wakoraga akazi ko gutwara abagenzi kuri moto, Nsengiyumva Emmanuel w’imyaka 23 y’amavuko, wasanzwe yishwe n’abagizi ba
Wayne Rooney Umunyabigwi wa Manchester United n’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, yafashwe amafoto ari ku mucanga wa Barbados ari kumwe n’umugore we Coleen Rooney, mu
Mu Karere ka Kayonza haravugwa inkuru y’incamugongo y’umugabo ukekwaho kwica umugore we wari utwite inda y’amezi atatu, amuziza amakimbirane ashingiye ku kuba yamushinjaga kumuca
Umunyezamu w’Umunyarwanda, Kwizera Olivier yasinyiye ikipe ya Rayon Sports nyuma y’imyaka itatu ayivuyemo. Rayon Sports yabitangaje kuri uyu wa Gatanu ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga.