Ishyirahamwe ry’Abanyasayansi bo muri Suwede (The Royal Swedish Academy of Sciences) ryatangaje ko igihembo cyitiriwe Nobel mu bijyanye n’ubutabire cya 2025 cyahawe Susumu Kitagawa, Richard
Umugabo wo mu Karere ka Bugesera wari Pasiteri yapfiriye mu rugo rw’umugore aho yari yagiye gutera akabariro. Amakuru avuga ko uwo mugabo yari yaratandukanye
Biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturanyi umusore na nyina bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Muhoza nyuma yo gufatanwa udupfunyika 2.520 tw’urumogi mu nzu batuyemo.
Amafaranga akoreshwa kuri internet azwi nka Bitcoin akomeje kuzamuka mu gaciro ku buryo budasanzwe aho kuri iki Cyumweru, ku isoko ryo muri Aziya, agaciro
Umugore w’abana batatu yavuye mu bwogero yegera telefone ye yari icometse ku muriro w’amashanyarazi yari ihamagawe n’umugabo we ayitabye ahita apfa. Nk’uko byakomeje gutangazwa
Umwalimukazi w’imyaka 34 y’amavuko yashutse umwana w’imyaka 11 yigishaga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza aza i we amufata ku ngufu ;abajijwe avuga ko