Mu gihugu cya Burkina Faso hakomeje kuvugwa amakuru y’amasasu menshi yumvikanye mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru, hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu
Perezida wa Kenya, William Ruto, ari kunengwa n’igice cy’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubutumwa yashyize kuri X yamagana ibitero Iran irimo kugaba ku bihugu byo
Urwego rw’igisirikare cya IRGS (Islamic Revolutionary Guard Corps’ muri Iran rwahaye gasopo Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagaragaza ko mu gihe cya vuba barashyira
Umugabo wo muri Nigeria akomeje kuba inkuru ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yo kunywa inzoga hafi gupfa kubera kubengwa n’umukobwa yari yarihebeye. Uwo mugabo
Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’abahanga bo mu Bwongereza, Canada na Denmark bwerekanye ko ubuziranenge bw’intanga z’abagabo, cyane cyane ubushobozi bwazo bwo kugenda neza, buzamuka mu
Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika watangaje impungenge zikomeye ku makimbirane ari gukaza umurego hagati ya Amerika, Israel na Iran, usaba impande zose guhagarika imirwano no
Abayobozi ba Iran batangaje ko abantu bagera ku 108, biganjemo abana, bapfiriye mu gitero cyagabwe ku ishuri riri mu majyepfo y’igihugu. Nk’uko byatangajwe n’umushinjacyaha
Ishimwe Karake Clement, washinze inzu itunganya ikanateza imbere abahanzi ya Kina Music, yatangaje ko ari gutegura gusohora album ye ya mbere yise “Legacy”. Uyu