Biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturanyi umusore na nyina bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Muhoza nyuma yo gufatanwa udupfunyika 2.520 tw’urumogi mu nzu batuyemo.
Amafaranga akoreshwa kuri internet azwi nka Bitcoin akomeje kuzamuka mu gaciro ku buryo budasanzwe aho kuri iki Cyumweru, ku isoko ryo muri Aziya, agaciro
Umugore w’abana batatu yavuye mu bwogero yegera telefone ye yari icometse ku muriro w’amashanyarazi yari ihamagawe n’umugabo we ayitabye ahita apfa. Nk’uko byakomeje gutangazwa
Umwalimukazi w’imyaka 34 y’amavuko yashutse umwana w’imyaka 11 yigishaga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza aza i we amufata ku ngufu ;abajijwe avuga ko
Umusore w’imyaka 23 y’amavuko yimanitse mu mugozi nyuma yo kubeshywa n’abarimu ba Kamanuza yigagaho ko adafite amanota amwemerera guhabwa impamyabumenyi bagirango barebe uko yitwara.
Gukoresha agakingirizo ni bumwe mu buryo bwiza busanzwe bukoreshwa mu kwirinda gutera inda zitateguwe. Icyakora inzobere zivuga ko gukoresha agakingirizo bitizewe neza cyane ku
Abantu bamwe n’abamwe baba bumva bashaka kujya mu rukundo ariko bikarangira batangiye mu rukundo ariho akenshi wumva umuntu avuga ko adashaka kujya mu rukundo.
Mu myanya y’ibanga y’abagore ni hamwe mu hantu hashobora kugira impumuro mbi mu gihe hatitaweho bikaba byakurura umwuka mibi hagati ye n’uwo bashakanye cyangwa