Mu gihe impaka ku mbuga nkoranyambaga muri Nigeria no hirya no hino ku Isi zikomeje ku bijyanye n’uwakwitirirwa umurage wa Fela Anikulapo Kuti, umuhanzi
Umuhanzikazi Dolly Rebecca Parton w’imyaka 80 y’amavuko yahishuye impamvu we n’umugabo we witwa Carl Thomas Dean wapfuye bahisemo kutagira abana ngo umuryango wabo waguke
Khaby Lame, umwe mu banyarwenya bakunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga, by’umwihariko kuri TikTok, yageze ku ntambwe idasanzwe nyuma yo gusinya amasezerano akomeye afite agaciro
Umuhanzikazi Mariya Yohana yagarutse ku kamaro k’ubuhanzi mu mateka y’urugamba rwo kubohora u Rwanda, agaragaza ko bwagize uruhare rukomeye mu gukomeza no gutera imbaraga
Nyuma y’aho Zari Hassan yashyire hanze amafoto y’umuhungu we Nillan yabyaranye na Diamond Platnumz benshi batunguwe bamushimira ko afatanyije na se w’umwana babaye ababyeyi
Umuhanzikazi Baby Gloria yahakanye akomeje ko umugabo we Jonas Mbaleka adakundana n’umuvandimwe nk’uko byakomeje kuvugwa mu itangazamakuru. Mu by’umwuru bike bishize , mu binyamakuru
Tiwa Savage umuhanzikazi wo muri Nigeria yatangaje uburyo bwa mbere yabangamiwe no gusanga atwite umwana w’umuhungu ndetse agaragaza ko kuva avutse kugeza agize imyaka
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ifite icyizere cyo kungukira byinshi mu Nama Mpuzamahanga yiga ku Bukungu izwi nka World Economic Forum (WEF), iri kubera