Muneza christopher, umuhanzi umaze kuba ubukombe mu muziki Nyarwanda yashyize hanze album nshya yise H2O. ni Album yari imaze igihe itegerejwe nabakunzi b’umuziki mu
Indirimbo nshya ya Davis D yasohotse Taliki 25 Mutarama 2026 ni imwe mu ndirimbo ziri gukundwa cyane n’Abanyarwanda ku mbuga nkoranyambaga. Ni indirimbo yafatanyije
Mu rugendo rwo gushakira umuziki nyarwanda umwanya uhoraho ku ruhando mpuzamahanga, abahanzi bamwe bari kwerekana ko kugera kure bidakenera kuba bahuriye mu bitaramo bimwe,
Umuhanzikazi nyarwanda Bwiza yatangaje ko ari mu myiteguro y’uruhererekane rw’ibitaramo bizabera mu bice bitandukanye by’Isi, mu rwego rwo kumurika alubumu ye ya gatatu. Ibi
Kanye West yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gusaba imbabazi ku mugaragaro Abayahudi kubera amagambo yigeze gutangaza yafashwe nk’ayabibasira. Ibi yabikoze asobanura ko ayo magambo
Umuhanzi wo muri Nigeria Davido yabonye uburyo abagore bo muri Ghana bakoreye ‘massage’ Umunyamerika iShowSpeed, agira amerwe asaba umugore we ko yamwemerera na we
Dolly Parton umuhanzikazi wamamaye muri Country Music, yatangaje ko yatangiye gutegura uko ikiriyo cye kizaba kimeze namara gupfa kugira ngo abazacyitabira n’abakunzi be muri