Lionel Messi, yatangaje ko ataramenya niba azakina Igikombe cy’Isi kizaba mu mpeshyi ya 2026 kuko adashaka kubera ikipe ye y’Igihugu umutwaro. Argentine ni cyo
Korali Shilon yo mu Karere ka Rubavu, yashyize hanze amashusho y’indirimbo bise ‘MWAMBA’ akaba ari indirimbo ihimbaza Imana. Shiloh Ministries ni Ministry yabayeho kuva
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen Muganga K. Mubarakh, yakomoje ku hazaza h’uburezi bwa gisirikare ku mugabane wa Afurika, agaragaza ingingo zabufasha kurushaho
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thadée, yahakanye ibyo kwirukana abiswe ‘abasaza’ muri iyi kipe avuga ko ibyo bitabaho ndetse akomoza ku by’imodoka byavugwaga ko
Ku myaka 29 y’amavuko umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Rubanguka Steve wakiniraga Spartakos Kitiou FC yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Cyprus, yatangaje ko yahagaritse