Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya yapfuye afite imyaka 80 y’amavuko, akaba yaguye mu Karere ka Kerala azize guhagarara k’umutima mu gitondo cyo
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko n’ubwo u Rwanda rwanyuze mu mateka akomeye cyane arimo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwagiye rurokoka rukiyubaka
Donald Trump yanenze ifoto ye yakoreshejwe n’ikinyamakuru Time Magazine ku nkuru cyari cyanditse ku ruhare yagize mu guhagarika imirwano muri Gaza. Iyo nkuru yasohotse
Ubwo bari bageze muri Canada aho bagiye gukorera ibitaramo bitandukanye, Vestine na Dorcas bagaragaje byinshi ku mibereho yabo Vestine ashurako yari yarabujije umuvandimwe we
Intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’Ihuriro AFC/M23 bemeranyije gushyiraho urwego ruhuriweho ruzagenzura iyubahirizwa ry’agahenge mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko agiye gutangira amasomo y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n’ubwenge bw’ubukorano (AI). Ni amasomo agiye kwiga
Icyishaka Davis [Davis D], ategerejwe mu Mujyi wa Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho azataramira mu gitaramo East Africa Show in Dubai giteganyijwe