Ikipe ya FC Barcelona yatunguwe na Fc Sevilla yayitsinze ibitego bigera kuri 4 mu mukino Lamine Yamal atagaragayemo, Lewandowski agahusha Penaliti yashyize iyo kipe
Umuhungu w’umuhanzikazi w’ikirangirire Tina Turner, witwa Ike Turner Jr, yapfuye afite imyaka 67 nyuma y’umunsi umwe gusa yizihije isabukuru ye y’amavuko  ndetse na nyuma
Umuhanzikazi Celien Dion wakunzwe cyane mu ndirimbo z’urukundo, yongeye kugaragara mu ruhame ari kumwe n’abana be nyuma y’igihe bivuzwe ko arwaye indwara idakira. Celine
Guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2026, Leta y’u Rwanda irateganya gutangiza uburyo bushya bwo gupima uturemangingo ndangasano (DNA) tw’umwana ukiri mu nda. Ni gahunda
Umukuru w’Igihugu cya Congo , Antoine Felix Tshisekedi, yasezeranyije urubyiruko rwo mu Burasirazuba bwa Congo ko agomba kubasubiza amahoro avuga ko babuze mu gihe
Umuraperi HAJP abinyujije mu ndirimbo nshya yise “IBARUWA”, yakoranye n’umuhanzikazi  Jennifer Alyana yongeye gukomoza ku buzima busharira bunyurwamo n’abakundana iyo urukundo rwabo rugeze ku
Umuhanzi P Diddy yaraye akatiye igifungo cy’imyaka igera kuri 4 n’amezi 2 nyuma y’imbabazi yasabiwe n’abagize umuryango we bose mu rukiko. Umwana we muto