Mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Nyamabuye, habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’umuturage umwe ubwo urukuta rw’inzu rwagwaga rugahitana abantu bari barimo gusenya. Iyi
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko guhera mu kwezi k’Ugushyingo 2025, Abanyarwanda bazatangira kwivuriza ku bwishingizi bwa RAMA mu mavuriro y’ibanze mu rwego rwo kurushaho kubegereza
Abasenateri bo muri Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano batangiye igikorwa cyo kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba zo kurwanya no gukumira impanuka zo mu muhanda
Ubumwe Nyarwanda bw’Abatabona mu Rwanda (RUB) buratangaza ko gukomeza guharanira ko ubudaheza buba mu byihutirwa ari ingenzi, kuko kubaho neza ku muntu ufite ubumuga
Ku wa 14 Ukwakira 2025, Inteko Rusange y’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki yatoye Dr. Frank Habineza na Alphonse Nkubana nk’Abasenateri bashya. Abo bombi
Rtd Major Jean Bosco Mubarakh Kayinamura, akaba ari we mukuru w’umuryango wa nyakwigendera Umulisa Cynthia, wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe, yagaragaje ko atanyuzwe na raporo