Ku wa 14 Ukwakira 2025, Inteko Rusange y’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki yatoye Dr. Frank Habineza na Alphonse Nkubana nk’Abasenateri bashya. Abo bombi
Rtd Major Jean Bosco Mubarakh Kayinamura, akaba ari we mukuru w’umuryango wa nyakwigendera Umulisa Cynthia, wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe, yagaragaje ko atanyuzwe na raporo
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Gatenga, Akagari ka Nyanza, Umudugudu wa Isonga, yafashe abagabo barindwi bakurikiranyweho kwiba no
Abantu  8 batemye inka y’umuturage bikekwa ko babikoze nko kumwihimuraho ku bw’amakara yabo yabambuwe ubwo bayatemaga mu ishyamba uwo muturage yacungaga. Kugeza ubu kuri
Umugabo wo mu Karere ka Bugesera wari Pasiteri yapfiriye mu rugo rw’umugore aho yari yagiye gutera akabariro. Amakuru avuga ko uwo mugabo yari yaratandukanye