U Rwanda na Maroc byaganiriye ku gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare
Ibihugu by’u Rwanda na Maroc byongeye kuganira ku buryo bwo gukomeza gushimangira ubufatanye bisanzwe bifitanye mu bya gisirikare, nyuma y’aho byombi bisinyiye amasezerano y’ubufatanye