Umukobwa witwa Dr. Gabrielle Henry, uhagarariye Jamaica mu irushanwa rya Miss Universe riri kubera muri Thaïlande, yavugishije benshi nyuma yo kugwa ku rubyiniro mu
Dr Hilary Okello , Umunyarwenya ukomeye muri Uganda no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, yatangaje ko agiye gukora ingendo zizenguruka ibihugu bitandukanye byo mu
Mu gihe habura iminsi mike ngo hamenyekane umukobwa uzegukana ikamba mu irushanwa mpuzamahanga ry’ubwiza, Miss Universe, bikomeje kuba bibi mu bategura iryo rushanwa aho
Uworizagwira uzwi nka Yampano muri muzika Nyarwanda yamaze kugeza ikirego muri RIB arega uwitwa Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo, amushinja kuba ari we washyize
Christopher Muneza, yashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga busaba abantu kujya batekereza kabiri mbere yo gushyira ibitekerezo n’amafoto kuri konti zabo, agaragaza impungenge ku buryo
Sheebah Karungi Umuhanzi uri mu bakunzwe muri Uganda yagaragaje ko yishimiye kwizihiza isabukuru ku nshuro ya mbere yitwa umubyeyi agaragaza ko hari byinshi yamenye
Ubusanzwe iyo abagore bamaze kubyara imiterere yabo irahinduka, ndetse abenshi bikabagora kuba basubira uko bahoze bateye mbere yo gutwita no kubyara. Ariko kandi hari