Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bintu by’ingenzi wamenya ku mukobwa wa P Diddy witwa Chance uri mu bamutakambiye ngo ahabwe imbabazi bikarangira akatiwe
Umuraperi HAJP abinyujije mu ndirimbo nshya yise “IBARUWA”, yakoranye n’umuhanzikazi  Jennifer Alyana yongeye gukomoza ku buzima busharira bunyurwamo n’abakundana iyo urukundo rwabo rugeze ku
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatomagije umugore we Michelle Obama mu buryo budasanzwe, ubwo bizihizaga isabukuru y’imyaka 33
Umuhanzi P Diddy yaraye akatiye igifungo cy’imyaka igera kuri 4 n’amezi 2 nyuma y’imbabazi yasabiwe n’abagize umuryango we bose mu rukiko. Umwana we muto
KONDE GANG CEO wamamaye nka Harmonize muri Tanzania  yahishuye ko ntakibazo ajya aterwa no kuvugana n’abakobwa yakundanye nabo, ahishura ko bose bavugana.Avuze ibi nyuma
Miss Bahati Grace wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2009  we n’umugabo we Murekezi Pacifique bagiye kwibaruka nk’uko yabigaragaje mu mafoto yanyujije kurukuta rwe rwa Instagram.
Umuhanzi Mugisha Benjamin na Miss Uwicyeza Pamella bakubise hasi ibiciro byo kureba ubukwe bwabo kuri Website yabo aho byavuye kubihumbi 50 bikajya ku 10.