IShowSpeed uri kuzengurika Afurika yatangaje ko nagera mu Rwanda ateganya kuzasura ingagi mu Birunga. IShowSpeed yabitangaje nyuma yo kugirira urugendo muri Afurika y’Epfo, aho
Michael Tesfay yizihije isabukuru y’umugore we Miss Nishimwe Naomie wabaye Miss Rwanda 2020, amugenera ubutumwa bwuje urukundo n’ishimwe, ndetse agaragaza ko kubana na we
Uworizagwira [Yampano] yagarutse ku bihe bikomeye ari kunyuramo nyuma y’amashusho ye yagiye hanze akagaragaza ari gutera akabariro n’umukobwa babanaga. Ni amashusho yakangaranyije imbuga nkoranyambaga
Umwe mu bahangamideri wamamaye mu Rwanda nka Isimbi Model [Isimbi Vestine] n’umugabo we Shaul Hatzir bari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka umwana wabo
Ijebu usanzwe ari icyamamare muri Cinema ya Nigeria, yatangaje benshi ubwo yatangazaga ko mu mwaka wose wa 2025 amafaranga yakoresheje agura interineti angana na
Umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzania, Alikiba, yemeje ko azataramira i Kigali mu gitaramo cyiswe “The Last Night” cyateguwe na Kevin Kade, giteganyijwe kwizihiza imyaka