Shampiyona y’Ubwongereza ubwo yari igeze ku mukino wanyuma aho amakipe yari arushanwa amanota abiri gusa Arsenal na Man City , zigomba guhatanira ku bibuga
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal na Al Nassr yo muri Arabie Saoudite, Cristiano Ronaldo, yavuze ko Arsenal idashobora gutwara Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza.
Kwizera Janvier wamenyekanye nka Rihungu yasezeye kuri Police FC avuga ko batazakomezanya mu mwaka w’imikino utaha .Kwizera Janvier wari umaze imyaka ine muri Police
Rutahizamu w’Umunyarwanda Noam Fritz Emeran ukinira FC Groningen yo mu Buholandi ari mu bakinnyi bashimiwe cyane nyuma y’uko ibonye itike yo kujya mu cyiciro
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA ryahakanye ibyo kuza kwa Ani Elijah mu ikipe y’igihugu y’Umupira w’amaguru. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Ferwafa ryatangaje
Nyuma yo kurangiza Shampiyona umusaruro ntiwumvikanweho kimwe, Ubuyobozi bwa Rayon Sports, abafana n’abandi batandukanye bagiye gukora umwiherero wo kwinegura nk’uko babigaragaje mu itangazo. Ni