Igice cyambere cy’umukino uriguhuza ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi niya Benin cyarangiye ari ubusa ku busa. Umukino wamaze gutangira ku mpande zombi urangijwe na
Rurangiranwa mu iteramakofe Anthony Joshua agiye kurwana n’umurusiya ufite hafi metero ebyiri z’uburebure ;urwana n’inyamaswa z’inkazi zo mu bwoko bw’amadubu iyo ari gukora imyitozo
Umukinnyi mpuzamahanga w’Igihugu cya Togo, Samuel Asamoah ntazongera kunyeganyega [Paralysie] nyuma yo gukubita umutwe ku cyapa cyamamaza cyari kiri ku ruhande rw’ikibuga, bikarangira avunitse
Cristiano Ronaldo yahawe igihembo cy’umukinnyi w’ibihe byose mu ikipe y’Igihugu ya Portugal aho yizihiza imyaka 22 ayikinira. Ni igihembo yahawe kuri uyu wa 07
Umukinnyi Joy Lance Mickels w’imyaka 31 y’amavuko yageneye ubutumwa abakunzi b’ikipe y’Igihugu amavubi agaragaza ko atazitabira ubutumire yahawe. Ni ubutumire yahawe mu mikino yo