Umukobwa wo mu gihugu cya yifashwe amashusho n’amafoto yambaye inzoka mu ijosi agaragaza ko baziranye ko ngo itamurya.Ubwo uyu mukobwa yambikwaga inzoka bagenzi be
Umugore wamamaye kuri Tiktok yashyize hasi ibyo gusetsa abantu avuga akamuri ku mutima, agaragaza ko akeneye umugabo byihuse ndetse amwita umunyamugisha. Caro Ondire, wamamaye
Umukobwa wo mu gihugu cya Kenya yatangaje ko afite intego yo kubyara abana 5.Uyu mukobwa utari wabona umukunzi yahamije ko kandi yifuza kubabyarana n’umugabo
Umugabo witwa Lukman Teriba wo muri Nigeria nk’uko tubikesha ibinyamakuru byandikira mu gihugu cya Kenya ngo yatangaje ko yatsindiye Miliyoni 5 nyuma aza kubwirwa
Manzi wa Kibera wifashishwa mu mashusho y’abahanzi muri Kenya ari mu gahinda ko kubura uwari umukunzi we Nzioki w’imyaka 67 y’amavuko wapfuye. Manzi wa
Umukobwa wo muri Nigeria yishushanyijeho ku mpanga izina Paul Kibe , umukunzi we. Benshi mu bakundana bakomeje kugaragaza urukundo mu buryo budasanzwe aho bishyiraho
Inkuru idasanzwe yafashwe na camera itangaza abatari bake, ni inkuru y’umugore wo muri Brazil wafashe umurambo w’umugabo ukuze byavugwaga ko ari marume we nk’uko