Abantu barenga 5, 000 bamaze kugwa mu myigaragambyo ikomeje mu Gihugu cya Iran, yamagana ibibazo bikomeye by’ubukungu byibasiye Iran kuva mu mpera za 2025.
Mu Mujyi wa Butembo uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru abaturage bahagaritse imirimo barigaragambya basaba ko amahoro n’ituze byagaruka , bashimangira ko gutandukanye imitwe
Ibihugu by’u Bwongereza n’u Bufaransa byashinjwe gushyira u Burayi mu kaga ko kwinjira mu ntambara ikomeye ishobora kubuhungabanya, nyuma ya gahunda zabyo zo kohereza
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika gushimuta Ramzan Kadyrov, umuyobozi w’Intara ya Chechnya mu Burusiya, avuga ko icyo gikorwa
Umugabo w’imyaka 40 wo mu Karere ka Migori mu Majyepfo ya Kenya yakomerekejwe bikomeye n’abavandimwe be nyuma yo kugerageza kumujyana kumusiramuza ku ngufu. Ibi
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Venezuela izajya yohereza muri Amerika utugunguru tw’ibikomoka kuri peteroli nibura miliyoni 50, nyuma
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko igitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye kuri Venezuela ari isomo rikomeye ku Banyafurika, ribibutsa akamaro