Umugore wo mu Gihugu cya Thailand yafashwe amashusho na Camera zo mu Kabari gaherereye mu gace ka Pattaya arimo gushwana n’umukunzi we yarangiza akikata
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangiye kwimura ibikoresho byazo bya gisirikare zibijyana i Burundi, zibyambukirije ku mupaka wa Kavimvira mu gihe
Indege ya sosiyete ya Air China y’u Bushinwa yaguye igitaraganya ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Shanghai kubera battery y’umugenzi yahiriye mu gikapu. Iyi ndege
Abantu babiri bakoraga ku kibuga cy’indege bapfiriye mu mpanuka y’indege y’ubwikorezi yo mu bwoko bwa Boeing 747 yavaga i Dubai, yarenze umuhanda wayo ubwo
Umupolisi mukuru wo muri Uganda yitabye Imana mu buryo bw’amarabira nyuma yuko yari ku muhanda acunga umutekano hanyuma akibukita hasi bitunguranye ,bamugeza kwa muganga
Uganda yateye utwatsi amakuru ya BBC avuga ko umugabo witwa Abby Mwesigwa uyoboye itsinda rishinjwa kuvana abana b’abakobwa muri i Kampala bakajya kubasambanyiriza i
M23 n’umutwe wa Wazalendo ushyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri mu mirwano ikomeye muri santere ya Nyabiondo, iherereye muri teritwari ya
OMS yatangaje ko umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro bihereye mu Ntara ya Kasai iri mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo ya Repubulika Iharanira
Mu mujyi wa Galena Park, Texas muri Leta Zunze z’Amerika, haravugwa inkuru ibabaje y’umubyeyi ushinjwa kwica umwana we w’imyaka 9 amusize mu modoka ishushye