Eritrea yamaganye byimazeyo ibirego bya Ethiopia biyishinja ko hari ingabo zayo ziri ku butaka bwa Ethiopia, ivuga ko ibyo birego ari ibinyoma byahimbwe kandi bigamije
Afurika y’Epfo iri mu ntambwe za nyuma zo kubona uburenganzira bwo kohereza ibicuruzwa byayo ku isoko ry’u Bushinwa bitishyura imisoro, nyuma y’uko Minisitiri w’Ubucuruzi
Mu ijoro ryakeye, umuherwe wa mbere muri Afurika Aliko Dangote yagiriye uruzinduko mu gihugu cy’abaturanyi cy’u Burundi. Uyu mukire yari ari kumwe n’uwahoze ari Perezida
Mu Buyapani, hafunguwe akabari gafite igitekerezo kidasanzwe cyo gutanga ibinyobwa ku muntu wese uri gutekereza kureka akazi ke kandi ku buntu. Aka kabari ubu kari gufatwa nk’ahantu hafasha abantu
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuye ku mbuga nkoranyambaga ze ubutumwa yari yashyizeho ku mugoroba wo ku wa Kane burimo amashusho afatwa
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo guhangana n’indege z’intambara za FARDC zirimo
Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, izina rye ryagaragaye mu nyandiko nshya zasohowe na Minisiteri y’Ubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Mu buhinde mu Mujyi wa New Delhi abaturage babarirwa muri za Miliyoni bamaze iminsi babuze amazi meza yo kunywa n’abonetse akaza adasukuye bihagije. Ni