Ikirwa cya SuperShe Island giherereye ku nkombe zo mu majyepfo ya Finland, mu nyanja ya Baltic, cyigeze kwamamara cyane ku isi kubera igitekerezo cyihariye
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye imitwe y’Abakurde bo muri Iran gukomeza igikorwa cyo kugaba ibitero kuri Leta ya Iran,
Raporo nshya yasohotse mu 2025 igaragaza urutonde rw’ibihugu bifite umubare munini w’abicanyi ruharwa aho biyobowe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ubwongereza. Iyi raporo ishingira
Cyril Ramaphosa, Perezida wa Afurika y’Epfo, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kugira uruhare mu guhuza impande ziri mu ntambara ikomeje gukaza umurego mu burasirazuba bwo
Cyril Ramaphosa, Perezida wa Afurika y’Epfo, yatangaje ko Minisiteri ishinzwe Ububanyi n’Amahanga iri mu gikorwa cyo kumenya no kubarura Abanyafurika y’Epfo bafatiwe mu burasirazuba
Umuhungu w’uwahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei, Mojtaba Khamenei, yatorewe gusimbura se uherutse kwicwa, kuri uwo mwanya. Mojtaba Khamenei yatowe n’abayobozi
Abantu babiri bahitanywe n’iraswa ryabereye mu busitani bw’ahantu hafatirwa icyo kunywa mu mujyi wa Austin, muri leta ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za
Mu gihugu cya Burkina Faso hakomeje kuvugwa amakuru y’amasasu menshi yumvikanye mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru, hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu