Abantu barenga 50 biciwe mu igitero cya drone cyagabwe ku nzu icumbikiye impunzi mu mujyi wa El-Fasher nk’uko imiryango iharanira impinduka muri iki gihugu
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, ari gukorerwa ubuvuzi bwa ‘Radiation Therapy’ nk’igice cy’ubuvuzi nyuma yo guhura na kanseri
Umugore w’imyaka 39 yasanganywe imirambo ine y’abana be yagiye yica batamaze igihe kinini ku isi harimo n’uwo yabyaye akamuzingira mu gitambaro, agafata umutwe we