Imiryango y’abantu bashimuswe mu ntambara ya Israel na Hamas yemeje imyirondoro y’abantu bayo batatu mu mirambo ine yagaruwe na Hamas binyuze mu bufatanye n’umuryango
Kuva tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Madagascar hari kuvugwa cyane izina rya Colonel Micheal Randrianirina, umusirikare wigaragaje mu buryo butunguranye ubwo yatangazaga ko
Kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zagabye ibitero by’indege z’intambara mu bice bituwe n’abaturage ndetse no ku birindiro by’Ihuriro
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zambuye visa abanyamahanga batandatu bashinjwa amagambo batangaje ku mbuga nkoranyambaga y’ubushinyaguzi yifuriza gukongoka Charlie Kirk, wari inshuti y’akadasohoka ka
Umugabo wo mu gace ka California muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yishe arashe umugore bakundanaga akaza gushaka undi mugabo nyuma yo gutega imodoka ye
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo z’iki Gihugu zagabye ibitero mu bice rigenzura mu Ntara ya
Mu gitondo cya tariki 15 Ukwakira 2025 nibwo byemejwe ko Raila Amolo Odinga, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya ndetse akaba umwe mu banyapolitiki
Umwana w’imyaka ine yahiriye mu nzu ahita apfa nyuma yuko icyumba yari aryamyemo gifashwe n’inkongi y’umuriro ikomeye yadutse saa saba z’ijoro ubwo nyirakuru yari