Mu gitondo cyo ku wa Mbere, tariki ya 6 Ukwakira 2025, Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa byatangaje ko Sebastien Lecornu, Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa,
Intumwa za Leta ya Kinshasa n’izihagarariye umutwe wa M23 ziri mu biganiro biri kubera mu mujyi wa Doha muri Qatar, zikomeje kugerageza kubona ibisubizo
Umugore w’abana batatu yavuye mu bwogero yegera telefone ye yari icometse ku muriro w’amashanyarazi yari ihamagawe n’umugabo we ayitabye ahita apfa. Nk’uko byakomeje gutangazwa
Perezida wa Congo Felix Tshisekedi na Perezia wa Ukraine bakomeje gushimangira ubufatanye mu bijyanye n’ubwirinzi, ingufu z’amashanyarazi n’ikoranabuhanga. Perezid awa Ukraine Volodymyr Zelensky anyuze
Abarwanyi b’umutwe wa Hamas ukorera mu Ntara ya Gaza muri Palestine bemeye kurekura imbohe z’abaturage ba Israel nka kimwe mu byasabwe na Perezida wa
Umugabo yakatiwe n’urukiko wo mu gace ka Caernarfon muri Wales nyuma yuko ahamwe n’icyaha cyo konka amabere y’abagore batandukanye bari mu myaka ikuze nk’uburyo
Amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo arimo no guhashya umutwe wa FDLR yasubukuwe nk’uko byatangajwe na Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga
Umusore w’imyaka 23 y’amavuko yimanitse mu mugozi nyuma yo kubeshywa n’abarimu ba Kamanuza yigagaho ko adafite amanota amwemerera guhabwa impamyabumenyi bagirango barebe uko yitwara.