Mu Burundi ,umusaza w’imyaka 72 y’amavuko witwa Ismaël Havyarimana n’umwana we bishwe baturikijwe na gerinade yatezwe n’abavandimwe nyuma yo kumushinja kugira uburozi no kwikubira
Umugore w’imyaka 59 witwa Anna Adamo yashyize uburozi budasanzwe mu mata yahaye uruhinja rw’amezi 11 nyuma yo kurusigirwa na nyina ngo arumurere ubwo we
FARDC n’Ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo byarasaniye mu Mujyi bwa Pinga muri teritwari ya Walikale, hapfa umusirikare umwe wa Leta. Ibyo kurasana kwabo
Itsinda rishya ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ririmo Joseph Kabila ryitwa “Mouvement Sauvons la DRC” ryavukiye i Nairobi muri Kenya,
Umugabo w’umunyamerika witwa Rudolf Martino yaciye agahigo ko kuba umuntu wa mbere ufite ubwanwa burebure kurusha abandi ku isi bituma kubwozamo no kubwumutsa bimutwara
Umugabo w’umunyamisiri w’imyaka 44,witwa Ashraf Mahrous yatunguye abatuye isi mu buryo bukomeye nyuma yo gukururaga ubwato bupima toni 700 akoresheje amenyo ye. Mu mujyi
Ibihumbi by’abarwanashyaka ba nyakwigendera wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya, Raila Amolo Odinga, batangiye guteranira ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Jomo Kenyatta i Nairobi,
Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zarashe ubundi bwato bwavaga muri Venezuela, bikekwa ko bwari bwikoreye ibiyobyabwenge. Amashusho y’amasegonda 33 yashyizwe hanze na