Umugore w’abana batatu yavuye mu bwogero yegera telefone ye yari icometse ku muriro w’amashanyarazi yari ihamagawe n’umugabo we ayitabye ahita apfa. Nk’uko byakomeje gutangazwa
Perezida wa Congo Felix Tshisekedi na Perezia wa Ukraine bakomeje gushimangira ubufatanye mu bijyanye n’ubwirinzi, ingufu z’amashanyarazi n’ikoranabuhanga. Perezid awa Ukraine Volodymyr Zelensky anyuze
Umugabo yakatiwe n’urukiko wo mu gace ka Caernarfon muri Wales nyuma yuko ahamwe n’icyaha cyo konka amabere y’abagore batandukanye bari mu myaka ikuze nk’uburyo
Amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo arimo no guhashya umutwe wa FDLR yasubukuwe nk’uko byatangajwe na Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga
Umusore w’imyaka 23 y’amavuko yimanitse mu mugozi nyuma yo kubeshywa n’abarimu ba Kamanuza yigagaho ko adafite amanota amwemerera guhabwa impamyabumenyi bagirango barebe uko yitwara.
Umugabo w’imyaka 63 wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yakubitishije umuriro umukobwa we kugeza amugize intere kubera ko yanze ko bajyana gusenga . Mu