Umuyobozi wungirije w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, John Heche, yatawe muri yombi ku wa gatatu ubwo yari agiye kwitabira urubanza rwa mugenzi we
Mu Burundi ,umubyeyi w’abana umunani wari utuye mu gace ka Bugendana muri Gitega yishwe ,umurambo we ujugunywa mu gihuru cyari ku nzira isanzwe inyurwamo
Umutwe wa M23 urashinja guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurenga ku masezerano y’agahenge bagiranye, ndetse no guhonyora ibiganiro bya Doha. Ibi uyu
Ubuyobozi bw’igisirikare cya Repubulika ya Demokasi ya Congo(FARDC) bwatangaje ko amakuru yakwirakwiye avuga ko hari kwimurwa intwaro z’igisirikare ziri Uvira ari ibinyoma mu gihe
Mu mujyi wa Gokarna mu Buhinde, havumbuwe inkuru itangaje y’umugore w’Umurusiyakazi witwa Nina Kutina, wabanaga n’abana be babiri b’abakobwa mu buvumo buri mu ishyamba