Abana babarizwa muri Sherrie Silver Foundation batunguye Butera Knowless Butera bamwifuriza isabukuru y’amavuko. Ibyo bibaye mu gihe bari mu myiteguro y’ibirori bya The Silver
Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bintu by’ingenzi wamenya ku mukobwa wa P Diddy witwa Chance uri mu bamutakambiye ngo ahabwe imbabazi bikarangira akatiwe
Umuhanzi P Diddy yaraye akatiye igifungo cy’imyaka igera kuri 4 n’amezi 2 nyuma y’imbabazi yasabiwe n’abagize umuryango we bose mu rukiko. Umwana we muto
Amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo arimo no guhashya umutwe wa FDLR yasubukuwe nk’uko byatangajwe na Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga
Umwalimukazi w’imyaka 34 y’amavuko yashutse umwana w’imyaka 11 yigishaga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza aza i we amufata ku ngufu ;abajijwe avuga ko
Umusore w’imyaka 23 y’amavuko yimanitse mu mugozi nyuma yo kubeshywa n’abarimu ba Kamanuza yigagaho ko adafite amanota amwemerera guhabwa impamyabumenyi bagirango barebe uko yitwara.
Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yasabye abakinnyi gukuba kabiri imbaraga bakoresheje i Kigali, ubwo bazaba bakiriwe na Pyramids FC mu mukino