Umugabo wahoze ari umukozi wo mu gikoni cya resitora yitwa Hereford House iherereye i Leawood muri Kansas muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yafashwe yifata
Umugabo w’imyaka 50 y’amavuko yishe umugore we n’abana be batatu adasize n’imbwa ye ubwo bari bagiye mu biruhuko ;abajijwe icyabimuteye asubija ko yashakaga kubakiza
Umugabo ukomoka mu Rwanda arakekwaho kwica umugore we mu gace ka Rhône mu Bufaransa, aho amakuru avuga ko yamwishe akoresheje ibyuma. Ikinyamakuru Le Parisien
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje uko ba Jenerali bo mu gisirikare cya DRC bavuga indimi ebyiri ku mutwe w’iterabwoba
Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ari mu ndege ya Air Force One mu rugendo rwerekeza mu Buyapani, Trump yavuze ko yakwishimira kongera kwiyamamaza kugira ngo atorerwe