Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko guhera mu kwezi k’Ugushyingo 2025, Abanyarwanda bazatangira kwivuriza ku bwishingizi bwa RAMA mu mavuriro y’ibanze mu rwego rwo kurushaho kubegereza
Kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zagabye ibitero by’indege z’intambara mu bice bituwe n’abaturage ndetse no ku birindiro by’Ihuriro
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zambuye visa abanyamahanga batandatu bashinjwa amagambo batangaje ku mbuga nkoranyambaga y’ubushinyaguzi yifuriza gukongoka Charlie Kirk, wari inshuti y’akadasohoka ka
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo z’iki Gihugu zagabye ibitero mu bice rigenzura mu Ntara ya
Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya yapfuye afite imyaka 80 y’amavuko, akaba yaguye mu Karere ka Kerala azize guhagarara k’umutima mu gitondo cyo
Umuhanzi The Ben mu myiteguro yo gusohora indirimbo eshatu mbere y’uko umwaka urangira. Mugisha Benjamin [The Ben] umaze iminsi i Bali muri Indonesia aho