Urwego rw’ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi, umukozi w’Akarere ka Nyamagabe ukekwaho gukora ibikorwa by’urukozasoni mu ruhame. Ni amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga,
Ubushakashatsi bugaragaza ko abatuye Isi bagera kuri 5%, ni ukuvuga miliyoni 400 muri miliyari umunani bayituye barwaye indwara yo gusinzira bikabije (Hypersomnia). Ni indwara
Ubusanzwe gukora imibonano mpuzabitsina ku mugore utwite ni byiza kuko bigira akamaro kuri we no ku wo atwitwe. Nk’uko tubikesha urubuga what to expect
Nk’uko byatangajwe mu Bufaransa inyubako irimo amacumbi atuyemo abaturage mu mujyi wa Marseille mu Bufaransa yahirimye, havuka inkongi yarogoye ibikorwa by’ubutabazi kuva mu ijoro
Umubyeyi utuye mu Kagari ka Mbabe mu Murenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro,avuga ko yabyaye abana batandatu barimo umwe w’umukobwa yabyaranye n’interahamwe zamufashe ku
Ku nshuro ya mbere itsinda ry’abashakashatsi bo mu Bushinwa ryashyize hanze ubushakashatsi bari bamaze imyaka itatu bakora, kucyo bakeka ko cyateye Covid-19. Nk’uko byatangajwe