“Abakobwa n’abahungu bakora imibonano mpuzabitsina badafite imyaka 18 cyangwa ntagakingirizo ni amarimbi” – Teta Gihozo
Hashize igihe humvikana amajwi ahwihwiswa ko ubu ubusambanyi bwakajije umurego m’urubyiruko, ibyo bigasanishwa n’imyitwarire igaragara mu ngimbi n’abangavu aho usanga bakabije kwishora mu ngeso