Hari ubwo abakobwa cyangwa abagore bava cyane mu gihe bari mu mihango nyamara bakaba batazi impamvu bibabaho.Muri iyi nkuru turaza kuganirira hamwe uburyo wabigenza
Vera Sidika wakundanye n’icyamamare muri muzika ya Afurika amezi agera kuri 6 yamwihanganishije nyuma yo kubura umwana we w’imfura uherutse gupfa arimo kuvuka.
Ikipe ya APR FC yatangarije abakinnyi 10 bayo ko batazakomezanya, abwira abandi 2 ko bo bazatizwa. Kuri uyu wa Kabiri nibwo hatangajwe abakinnyi bazasohoka