“Niba uri umukobwa ukabona umusore ugukura kuriri zuba rya Kigali siga byose umusange” ! Gihozo Nicole
Teta Gihozo Nicole Umunyamakuru akaba n’umukinnyi wa Filime wabigize wabigize umwuga yihanangirije abakobwa bangenzi be bazarira babonye abasore bababengutse aho kubasanga bakabazanaho amananiza.