Sheebah Karungi Umuhanzi uri mu bakunzwe muri Uganda yagaragaje ko yishimiye kwizihiza isabukuru ku nshuro ya mbere yitwa umubyeyi agaragaza ko hari byinshi yamenye
Mukansanga Adeline w’imyaka 70, wari utuye mu Mudugudu wa Kinjira, Akagari ka Nyakavumu, Umurenge wa Mahembe mu Karere ka Nyamasheke, wahoraga avuga ko aziyahura
Umugore w’imyaka 39 yasanganywe imirambo ine y’abana be yagiye yica batamaze igihe kinini ku isi harimo n’uwo yabyaye akamuzingira mu gitambaro, agafata umutwe we
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ukwakira 2025, Komite itanga Igihembo cy’Amahoro cyitiriwe umunya-Suwede Alfred Bernhard Nobel yatangaje ko María Corina Machado, Umunya-Venezuela