Sheebah Karungi Umuhanzi uri mu bakunzwe muri Uganda yagaragaje ko yishimiye kwizihiza isabukuru ku nshuro ya mbere yitwa umubyeyi agaragaza ko hari byinshi yamenye
Mukansanga Adeline w’imyaka 70, wari utuye mu Mudugudu wa Kinjira, Akagari ka Nyakavumu, Umurenge wa Mahembe mu Karere ka Nyamasheke, wahoraga avuga ko aziyahura
Itsinda rishya ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ririmo Joseph Kabila ryitwa “Mouvement Sauvons la DRC” ryavukiye i Nairobi muri Kenya,
Injangwe yo muri leta ya California muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika amashusho yafashwe na kamera itabara umuryango w’aba sebuja nyuma yo gukura imbeba yari
Umugabo w’umunyamerika witwa Rudolf Martino yaciye agahigo ko kuba umuntu wa mbere ufite ubwanwa burebure kurusha abandi ku isi bituma kubwozamo no kubwumutsa bimutwara
Umugabo w’umunyamisiri w’imyaka 44,witwa Ashraf Mahrous yatunguye abatuye isi mu buryo bukomeye nyuma yo gukururaga ubwato bupima toni 700 akoresheje amenyo ye. Mu mujyi
Ibihumbi by’abarwanashyaka ba nyakwigendera wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya, Raila Amolo Odinga, batangiye guteranira ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Jomo Kenyatta i Nairobi,
Imiryango y’abantu bashimuswe mu ntambara ya Israel na Hamas yemeje imyirondoro y’abantu bayo batatu mu mirambo ine yagaruwe na Hamas binyuze mu bufatanye n’umuryango
Uwahoze ari umugabo w’umuhanzikazi, Sia yamaze kumurega mu nkinko asaba ko yazajya amuha miliyoni 32 z’amafaranga y’u Rwanda za buri kwezi zo kumwondora no
Umugabo wo mu gace ka California muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yishe arashe umugore bakundanaga akaza gushaka undi mugabo nyuma yo gutega imodoka ye
Mu gitondo cya tariki 15 Ukwakira 2025 nibwo byemejwe ko Raila Amolo Odinga, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya ndetse akaba umwe mu banyapolitiki