Sheebah Karungi Umuhanzi uri mu bakunzwe muri Uganda yagaragaje ko yishimiye kwizihiza isabukuru ku nshuro ya mbere yitwa umubyeyi agaragaza ko hari byinshi yamenye
Mukansanga Adeline w’imyaka 70, wari utuye mu Mudugudu wa Kinjira, Akagari ka Nyakavumu, Umurenge wa Mahembe mu Karere ka Nyamasheke, wahoraga avuga ko aziyahura
Mu karere ka Huye ugukeka amagini n’uburozi bikomeje kwiyongera mu baturage nyuma y’uko moto yari iparitse ku muhanda ifashwe n’inkongi y’umuriro igashya igakongoka. Ahagana
Umuhungu wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yongeye guteza impaka mu itangazamakuru ubwo yahishura umunyapolitike ukomaye ushinjwa kugaba ibitero
Raporo zitangazwa n’ibitangazamakuru mpuzamahanga zemeza ko Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ari mu bitaro aho arimo kwitabwaho n’abaganga, nyuma yo kuremberwa n’indwara itatangajwe.
Umunyeshuri witwa Apolot Maureen Gloria wari mu mwaka wa nyuma mu bijyanye n’ubuhinzi muri Kabale University yitabye Imana habura iminsi mike ngo yambare ikanzu