Komisiyo y’amatora muri Cameroon yemeje ko umukambwe Paul Biya w’imyaka 92 ari we wongeye gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu ku majwi ari hagati 53 na
Abakozi bane mu bitaro bya Makamba bari abarwanashyaka b’imbere mu ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi rya CNDD –FDD bakurikiranyweho kunyereza akayabo
Abagore bo mu Burundi barwaye kanseri y’ibere bari basanzwe bivuriza mu Rwanda barasaba Perezida Ndayishimiye gufungura umupaka mu gihe guverinoma ya Gitega ishinja Kigali
Ali kiba, yasabye abantu bageze mu zabukuru, cyane cyane abarengeje imyaka 80, kugira ibyishimo no kwishimira ubuzima, abinyujije mu magambo yuje agahinda yo kunamira
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangiye kwimura ibikoresho byazo bya gisirikare zibijyana i Burundi, zibyambukirije ku mupaka wa Kavimvira mu gihe
Abantu babiri bakoraga ku kibuga cy’indege bapfiriye mu mpanuka y’indege y’ubwikorezi yo mu bwoko bwa Boeing 747 yavaga i Dubai, yarenze umuhanda wayo ubwo
Umupolisi mukuru wo muri Uganda yitabye Imana mu buryo bw’amarabira nyuma yuko yari ku muhanda acunga umutekano hanyuma akibukita hasi bitunguranye ,bamugeza kwa muganga
Uganda yateye utwatsi amakuru ya BBC avuga ko umugabo witwa Abby Mwesigwa uyoboye itsinda rishinjwa kuvana  abana b’abakobwa muri i Kampala bakajya kubasambanyiriza i