Sheebah Karungi Umuhanzi uri mu bakunzwe muri Uganda yagaragaje ko yishimiye kwizihiza isabukuru ku nshuro ya mbere yitwa umubyeyi agaragaza ko hari byinshi yamenye
Mukansanga Adeline w’imyaka 70, wari utuye mu Mudugudu wa Kinjira, Akagari ka Nyakavumu, Umurenge wa Mahembe mu Karere ka Nyamasheke, wahoraga avuga ko aziyahura
Umugore w’imyaka 20 yabonye musaza we wari umaze kwihagarika muri parikingi ya resitora yari aje gufatiramo amafunguro ari kurwana n’umukozi wa resitora hanyuma aha
Umusaza wo muri Leta ya South Dakota, muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yishe uwari umwarimu ndetse n’umutoza w’imikino mu kigo yigagaho witwa Norman Johnson,
Mu gitondo cyo ku wa Mbere, tariki ya 6 Ukwakira 2025, Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa byatangaje ko Sebastien Lecornu, Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa,
Intumwa za Leta ya Kinshasa n’izihagarariye umutwe wa M23 ziri mu biganiro biri kubera mu mujyi wa Doha muri Qatar, zikomeje kugerageza kubona ibisubizo