Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko Israel na Hamas bamaze kumvikana ku cyiciro cya mbere cy’amasezerano yo guhagarika imirwano,
Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Rema Namakula yatunguye abakunzi be n’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ubwo yatangazaga ko umugabo we, Dr. Hamza Ssebunya, atakiri umuganga wihariye umukurikirana ku
Ishyirahamwe ry’Abanyasayansi bo muri Suwede (The Royal Swedish Academy of Sciences) ryatangaje ko igihembo cyitiriwe Nobel mu bijyanye n’ubutabire cya 2025 cyahawe Susumu Kitagawa, Richard
Ku wa Mbere, tariki ya 13 Ukwakira 2025, abahagarariye ihuriro AFC/M23 n’intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) biteganyijwe ko bongera
Umugabo w’imyaka 47 y’amavuko wo mu gihugu cya Uganda yishe akebye ijoshi ry’umugore nyuma yo kugirana amakimbirane akomeye ubwo aba bombi bari batashye mu
Umupolisi n’umugore we bapfiriye mu cyumba cya hoteli ubwo bari mu bikorwa by’ubukerarugendo, nyuma yo kwinjira mu bwogero basinze mu buryo bukomeye bakananirwa kugabanya