Sheebah Karungi Umuhanzi uri mu bakunzwe muri Uganda yagaragaje ko yishimiye kwizihiza isabukuru ku nshuro ya mbere yitwa umubyeyi agaragaza ko hari byinshi yamenye
Mukansanga Adeline w’imyaka 70, wari utuye mu Mudugudu wa Kinjira, Akagari ka Nyakavumu, Umurenge wa Mahembe mu Karere ka Nyamasheke, wahoraga avuga ko aziyahura
Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Rema Namakula yatunguye abakunzi be n’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ubwo yatangazaga ko umugabo we, Dr. Hamza Ssebunya, atakiri umuganga wihariye umukurikirana ku
Ishyirahamwe ry’Abanyasayansi bo muri Suwede (The Royal Swedish Academy of Sciences) ryatangaje ko igihembo cyitiriwe Nobel mu bijyanye n’ubutabire cya 2025 cyahawe Susumu Kitagawa, Richard
Ku wa Mbere, tariki ya 13 Ukwakira 2025, abahagarariye ihuriro AFC/M23 n’intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) biteganyijwe ko bongera
Umugabo w’imyaka 47 y’amavuko wo mu gihugu cya Uganda yishe akebye ijoshi ry’umugore nyuma yo kugirana amakimbirane akomeye ubwo aba bombi bari batashye mu
Umupolisi n’umugore we bapfiriye mu cyumba cya hoteli ubwo bari mu bikorwa by’ubukerarugendo, nyuma yo kwinjira mu bwogero basinze mu buryo bukomeye bakananirwa kugabanya
Umudepite uhagarariye akarere ka Madimba mu Inteko Ishinga Amategeko y’Intara ya Kongo Central muri congo yakomeretse ku mutwe mu buryo bukomeye nyuma y’imirwano yadutse