Mukansanga Adeline w’imyaka 70, wari utuye mu Mudugudu wa Kinjira, Akagari ka Nyakavumu, Umurenge wa Mahembe mu Karere ka Nyamasheke, wahoraga avuga ko aziyahura
Sheebah Karungi Umuhanzi uri mu bakunzwe muri Uganda yagaragaje ko yishimiye kwizihiza isabukuru ku nshuro ya mbere yitwa umubyeyi agaragaza ko hari byinshi yamenye
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko igihugu cy’u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bamaze gutera intambwe igana ku gukuriranaho ibibangamiye buri ruhande
Umuyobozi wungirije w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, John Heche, yatawe muri yombi ku wa gatatu ubwo yari agiye kwitabira urubanza rwa mugenzi we
Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Sean “Diddy” Combs uri mu buroko kugeza ubu, yarokotse igitero gikomeye nyuma yo kwicura asanga yafatiweho
Mu Burundi ,umubyeyi w’abana umunani wari utuye mu gace ka Bugendana muri Gitega yishwe ,umurambo we ujugunywa mu gihuru cyari ku nzira isanzwe inyurwamo
Umutwe wa M23 urashinja guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurenga ku masezerano y’agahenge bagiranye, ndetse no guhonyora ibiganiro bya Doha. Ibi uyu