Umuraperikazi Cardi B yongeye gutuma izina rye riza mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo kwemeza ko afite amagi y’amahuri ku
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko iterambere ry’imibereho y’abaturage ari urugendo ruhoraho, ashimangira ko ridashobora gutumizwa mu mahanga, bityo hakwiye gukomeza
Ikipe ya Liverpool yongeye gutsinda Real Madrid mu mikino ya UEFA Champions League, mu gihe Arsenal yakomeje umuvuduko wayo wo gutsinda no kwigaragaza mu
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben, yasuye Ambasade y’u Rwanda iherereye mu Buholandi, aho yakiriwe na Ambasaderi Dushimimana Lambert. Mu mashusho yashyize ku mbuga
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kugaba igitero cya gisirikare kuri Nigeria, ashinja icyo gihugu kureberera ubwicanyi bukorerwa
Leta ya Kenya yemeje ko abantu 21 bapfiriye mu nkangu yabaye mu karere ka Marakwet East, mu burengerazuba bw’igihugu, itewe n’imvura nyinshi imaze iminsi
Abasore batatu bapfiriye mu gitero cy’indege z’intambara za Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyagabwe ku bwato bwavugwagaho kunyuza ibiyobyabwenge mu Nyanja ya Karayibe bubyinjiza
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Ukwakira 2025, umwe mu banyempano bakiri bato bazwi mu itangazamakuru n’itumanaho, Lyvine Nsanzumuhire, yasoje ku mugaragaro icyiciro