Umuhungu wa Cristiano Ronaldo bwa mbere yahamagawe mu ikipe y’Igihugu ya Portugal y’abatarengeje imyaka 16 y’amavuko. Cristiano Ronaldo Jr , usanzwe yambara numero 7
Indege ya sosiyete ya Air China y’u Bushinwa yaguye igitaraganya ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Shanghai kubera battery y’umugenzi yahiriye mu gikapu. Iyi ndege
Abasenateri bane bashyizweho na Perezida Paul Kagame mu Ukwakira 2020, bazarangiza manda ya mbere y’imyaka itanu ku wa 22 Ukwakira 2025. Sena y’u Rwanda
Mary Nambwayo akomeje kuvugisha abatari bake kubera amagambo yatangaje agaragaza ko yubaha Pasiteri mu rusengero kurenza umugabo we bashakanye. Nyuma yo gutangaza ayo magambo