Paul Kagame na Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, wari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, bifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri siporo
Tiwa Savage Umuhanzikazi ukomeye muri Nigeria, yagarutse ku buzima bwe bw’urukundo anatangaza ko afite inyota yo gushaka umugabo, ndetse ko atazigera atinya kuba umugore
Mu Murenge wa Busogo mu Karere ka Musanze mu myaka ine iri imbere hazubakwa ishuri ry’icyitegererezo ry’ubumenyi ngiro Center of Vocational Excellence CoVE rizigisha
Umukobwa witwa Tuyubahe Emerance w’imyaka 21 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha ya Bwishyura mu Karere ka Karongi, akurikiranyweho gukuriramo inda mu bwiherero bw’Ikigo Nderabuzima
Cyril Ramaphosa , Perezida wa Afurika y’Epfo yinjiye mu biganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi