Umuvugabutumwa watse umukirisitu 1,000,000 Rwf ngo adapfa yatawe muri yombi
Bucyanayandi Emmanuel wagaragaye ku mashusho arimo gusaba umukirisitu amafaranga yavanye kuri banki nk’ikiguzi cyo kugira adapfa yatawe muri yombi. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku