Umunyamategeko yatunguwe no gusanga nyuma y’imyaka ibiri umugore n’umugabo yatandukanyije barihuje bakanabyara
Umunyamategeko yatandukanyije umugore n’umugabo (Divorce), ariko nyuma y’imyaka ibiri ahuye nabo asanga bakibana nk’umugore n’umugabo. Ibyo byabereye muri Nigeria aho abantu benshi bakomeje gutangazwa