Guverinoma ya gisirikare ya Mali yatangaje ko yabaye ifunze amashuri abanza, ayisumbuye, amakuru na za kaminuza by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri kubera ibura ry’ibikomoka
Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Igorora rwatangaje ko amasasu yumvikanye mu igororero rya Nyamasheke yari agamije guturisha bamwe mu bagororwa bigometse ku mabwiriza agenga igororero.
Ibyo gupfa iyo mitego byabereye mu Murenge wa Gishyita, Akarere ka Karongi, ahabarurwa ikibazo cy’abashaka kwangiza umusaruro w’uburobyi. Ba rushimusi bari bitwikiriye ijoro barobesha
Umwami Charles III w’u Bwongereza agiye kwitabira ku nshuro ya mbere igikorwa cyahariwe ku mugaragaro abaryamana bahuje ibitsina n’abihindura ibitsina aho azatangiza urwibutso rwiswe
Ubukwe bw’umuhanzikazi Taylor Swift n’umukunzi we Travis Kelce bwatangiye kuvugisha benshi bigendanye n’aho bushobora kubera, Travis akaba azaba aciye agahigo ko gukorana ubukwe na
AFC/M23 banyomoje amakuru akomeje gusakazwa ku mbuga nkoranyambaga n’Abarundi, avuga ko bambuwe ikibuga cy’indege cya Kavumu giherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba