Minisiteri y’Ingabo ya Kuwait yatangaje ko ingabo zayo zakoze ikosa rikomeye ryo kurasa indege eshatu z’intambara za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ariko ikemeza
Abantu babiri bahitanywe n’iraswa ryabereye mu busitani bw’ahantu hafatirwa icyo kunywa mu mujyi wa Austin, muri leta ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za
Mu gihugu cya Burkina Faso hakomeje kuvugwa amakuru y’amasasu menshi yumvikanye mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru, hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu
Perezida wa Kenya, William Ruto, ari kunengwa n’igice cy’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubutumwa yashyize kuri X yamagana ibitero Iran irimo kugaba ku bihugu byo
Indirimbo Pawa yasubiwemo mu buryo bwa remix n’umuhanzi Mbosso afatanyije na The Ben yakomeje kwitwara neza ku rubuga rwa YouTube, aho yujuje miliyoni imwe
Umugore wo muri Nigeria yihariye imbuga nkoranyambaga nyuma yo gutangaza ibyafashwe nko kwiyemera no kwirata aho yagaragaje uko afata umusore bahuye mu minsi itatu
Isiganwa mpuzamahanga ryo gusiganwa ku magare rya Tour du Rwanda 2026 risoje ku Cyumweru tariki ya 1 Werurwe, Umudage Moritz Kretschy w’imyaka 23 yegukanye
Urwego rw’igisirikare cya IRGS (Islamic Revolutionary Guard Corps’ muri Iran rwahaye gasopo Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagaragaza ko mu gihe cya vuba barashyira