Umugore uherutse kugaragara mu mashusho akubita umugabo we yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali. Ibi byakurikiye isakara ry’amashusho
Khloé Kardashian icyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , yatangaje ko abana be atabegereza imbuga nkoranyambaga zitandukanye ndetse anahishura ko yamaze kugena igihe
Nyuma y’imyaka ibiri atagaragara ku rubyiniro rwa MTN Iwacu Muzika Festival, umuhanzi Kenny Sol yongeye gutumirwa mu bazasusurutsa abazitabira iri serukiramuco rikomeye ritegurwa na
Ingabo z’u Rwanda zikorera mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA) zatanze serivisi z’ubuvuzi ku bagororwa bo mu Igororero
Mathijs De Clercq, umukinnyi w’Umubiligi w’imyaka 20 ukinira Soudal Quick-Step Devo Team, yitwaye neza yegukana agace ka kane ka Tour du Rwanda 2026 akoresheje