Nyuma yo kuva muri uganda, umuhanzikazi Bwiza ndetse n’abandi bahanzi barimo Kenny Sol, Kivumbi King, Ruti Joël, Bushali, DJ Marnaud na Symphony Band batangajwe
Nyuma y’imyaka umunani basezeranye imbere y’amategeko n’umugore we bagahita babana, Clapton Kibonge yemeje ko we n’umugore we bagiye gukora indi mihango y’ubukwe yari isigaye
Umuhanzi w’Umunyamerika witwa Belcalis Marlenis Cephus, wamamaye mu muziki nka Cardi B, yatangaje ko yamaze gutandukana n’umugabo we bari bamaranye iminsi, Stefon Diggs usanzwe ari
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, yashimiye Imana n’abaganga nyuma yo kubagwa ijisho, igikorwa yavuze ko cyagenze neza. Ku wa Kabiri tariki ya 17
Nyuma y’iminsi havugwa inkuru ko baba bari mu rukundo, Queen Ringo na Nizzo Kaboss bahakanye izi nkuru, bagaragaza ko ahubwo hari umushinga bahuriyeho bazamurika
Abakunzi b’iteramakofe ku Isi bategereje umukino w’imurika uzahuza Mike Tyson na Floyd Mayweather Jr., uteganyijwe ku wa 25 Mata 2026 muri Repubulika Iharanira Demokarasi
Umukinnyi wa filime w’icyamamare muri Hollywood, Robert Duvall, ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yitabye Imana ku myaka 95 y’amavuko. Uyu mukinnyi wari
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yakoresheje tombola ya ¼ cy’irangiza cya CAF Champions League, irushanwa riri gukinwa ku nshuro ya 62. Iki gikorwa
Umuhanzi wo muri Kenya uri mu bakundirwa muri Afurika y’Iburasirazuba, Bien Aime Baraza, wigeze kuririmba mu itsinda rya Sauti Sol, yagaragaje akanyamuneza kadasanzwe ubwo