Umuhanzi Habineza Justin [HAJP] umaze kumenyekana mu njyana ya Hip Hop, yateguje Mixtape yise ngo ‘Inzozi z’Umushonji’ avuga ko izaba ari nziza kubera umwanya
Mu Mujyi wa Butembo uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru abaturage bahagaritse imirimo barigaragambya basaba ko amahoro n’ituze byagaruka , bashimangira ko gutandukanye imitwe
Mu gihe abantu benshi bari barishyizemo Miss Muheto Divine,Prosper Nkomezi yambitse impeta y’urudashira umukunzi we Nkurunziza Retina bitegura kurushinga. Ni nyuma y’aho umuhanzi w’indirimbo
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Josh Ishimwe, ari mu myiteguro yo kwerekeza mu Buholandi aho azakorera igitaramo cye cya mbere muri icyo